in

Abafana ba APR FC bashimishijwe n’ukuntu Bugesera yabatsinze inabarusha

Kuri uyu munsi nibwo habaye umukino wa APR FC na Bugesera FC utari warabereye Igihe kubera APR FC yari yinyabije mu mikino ya CAF Champions league ihita itaha nkuko bisanzwe bimenyerewe.

Abafana bayo bababajwe cyane n’ukuntu yahise itaha gusa ariko Bamenya ko bakwiye gusubiza amerwe mu Isaho ko nta munyamahanga ugomba gukandagiza ikirenge cye muri APR FC.

kuri uyu munsi ubwo hatsindwaga, abafana ba APR FC bahise batangira kuvuga bati “mubareke badutsinde wenda bazagera ubwo bazana abanyamahanga mu ikipe tukongera tukishima”

Bugesera FC yari yakiriye uwo mukino yatsinze ibitego 2 kuri 1 birangira APR FC itaye amanota I Bugesera ubwo mukeba akaba yafashe iya mbere kugeza ubu ntago yari yatsindwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kayigamba Maxime
Kayigamba Maxime
1 year ago

Mwagiye mukorana ubunyamwuga cg mukazajya kuzunguza amagi kuri stade ibi mukabirekera ababishoboye?
Waba ufite amajwi n’amashusho y’abafana ba APR FC bakubwira ayo magambo
We win together We lose together We draw together.

Umukinnyi wakiniye APR FC na Rayon Sports yakoze ubukwe n’umukobwa wo muri America

Operation “dushyire hasi Prince Kid” miss Mutesi Jolly na Muheto Divine barashyirwa mu majwi