in

Abafana ba Apr Fc baremeza ko bibwe penariti ku mugaragaro (Videwo)

Abafana b’ikipe ya Apr Fc baremeza ko bimwe penariti yakorewe umukinnyi wayo Ishimwe Anicet.

Ni mu mukino wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22 Mutarama 2022 aho Apr Fc yari yahuye na As Kigali.

Ikosa ryakorewe Anicet mu rubuga rw’amahina ryateje urujijo mu batari bacye aho bamwe bavuga ko yari penariti abandi bakayihakana.

Umusifuzi Twagirumukiza Aboudul wari uyoboye uwo mukino yafashe icyemezo cyo kwanga gusifura ko ari penariti, avuga ko nta kintu cyabaye.

Imisifurire muri shampiyona y’u Rwanda ikomeje gucyemangwa hibazwa niba abasifuzi baba bafashe akantu cyangwa ari ubumenyi bucye.

Amashusho y’uko byagenze

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bernard
Bernard
2 years ago

Akebo kagiye iwamugarura😆
0788852453

Ikipe ya Apr Fc itakaje amanota abiri imbere ya As Kigali

Sobanukirwa: Itandukaniro riri hagati y’urukundo n’amarangamutima