Hari haciyeho igihe hamemyekanye inkuru y’ababikira babiri baje muri Africa mu rugendo rwo kwigisha ariko bakahava batwite kandi icyo ari ikizira muri Catholic ndetse kuva icyo gihe hahise hatangizwa iperereza ku gutwita kwabo.
Ibi byabaye ku babikira babiri bari abakozi i Vatican baza guhabwa mission yo kuza muri Africa mu rugendo bahagiriye ntago byabaye byiza nkuko bari babyiteze kuko bagizubira Vatican bagiye baribwa mu nda bagiye kwipimisha basanga baratwite.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru catholicnewsworldwide, cyatangaje ko aba babikira bagitsimbaraye ko batazi uwabateye inda dore ko muri Africa nta muryango cyangwa se umuntu bari bahazi byari gutuma baryamana nawe.