in

Aba-Rayon ntibagikozwa ibyo kwigurira umwana w’ikipe! Amafaranga yo kugura Muhire Kevin akomeje kuba ayibura

Abafana ba Rayon Sports bamaze kuzuza amafaranga 10, 740, 750 FRW mu gihe gahunda yari ukuzuza miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda muri gahunda yo kugura MUHIRE Kevin.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwashyizeho iyi gahunda busaba abafana y’iyi kipe ko bakigurira Muhire Kevin bise ngo ni umwana w’ikipe, aho bakoresha akanyenyeri bohereza amafaranga.

Mu gihe Rayon Sports yari yabasabye gutanga miliyoni 40 Frw, hashize ukwezi kurenga habonetse miliyoni 10 zirengaho macye, gusa ariko ntibizabuza ubuyobozi gusinyisha uyu mukinnyi kuko akomeje kuyobora bagenzi be mu kwitegura umwaka w’imikino utaha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gitinyiro ibintu ibishyize ku rundi rwego! APR FC igiye kuzana rutahizamu wanyuze mu makipe akomeye i Burayi nko mu Bufaransa aje kuyifasha muri CAF Champions League

Amakuru mashya kuri Kylian Mbappé wa Real Madrid