in

« Aba bana abe aribo bazakina na Sénégal…. »- Ibyo abanyarwanda bavuze ku ikipe y’abatarengeje imyaka 13 yatwaye igikombe cy’isi

Abana batarengeje imyaka 13 bakinira academy ya Paris Saint-Germain batwaye igikombe cy’isi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Gicurasi nibwo inkuru yabaye kimomo ko ikipe y’abatarengeje imyaka 13 izwi nka Academy ya Paris Saint-Germain yatwaye igikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ikipe ya Brésil ku mukino wa nyuma ibitego 3 kuri 1.

Nyuma yuko iyi nkuru isakajwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse n’amafoto n’amashusho y’aba bana agasakara henshi, hari umunyarwanda wasabye ko aba bana aribo bazakina na Sénégal mu mukino wo gushakisha iticye yo gukina mu mikino ya AFCON 2023 aho U Rwanda ruzakina n’ikipe y’igihugu ya Sénégal mu ntangiriro z’ukwezi gutaha.

Abana batarengeje imyaka 13 bakinira academy ya Paris Saint-Germain batwaye igikombe cy’isi

Bimwe mu byavuzwe n’abamenye iyi nkuru ni ibi bikurikira:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ababyeyi bahisemo kurya rimwe gusa kugirango babashe gutunga abana batatu bafite.

Biteye ubwuzu: uko biba bimeze iyo abana ba Knowless barimo koga muri Piscine bari kumwe na Papa wabo (video)