in

NDASETSENDASETSE

Aba bahuye n’uruva gusenya ubwo baguranaga abakunzi babo bashaka gutwika.

Amacouple atatu yishyize mu kaga, bahanishwa gufungwa umwaka wose ubwo bafataga icyemezo cyo guhinduranya abakunzi ngo barimo kurya ubuzima.Mu gihe bari batembereye ku kirwa cya Hainan .

Couple 3 z’abashakanye ,bagiye i Sanya ku kirwa cya Hainan mu biruhuko byo kwinezeza, batekereje ko bakwishima neza mu gihe buri mugabo yahita ahabwa umugore w’undi bakishimana.Bose uko ari couple 3 barabyemenye baranabyishimira batangira gukina umukino bise ”wife and husband exchange” guhinduranya umugabo n”umugore.

Amakuru avuga ko aba bose bamaze iminsi ibiri ku kirwa barakoze uwo mukino,ariko ku munsi wa 3 barafatwa.Amakuru akomeza avuga ko muri izo cpouple harimo abitwa Zhu numugore we Niu,batuye i Nanning,mu karere ka Guangxi Zhuang mu Bushinwa.

Mu gihe bajyanwaga kuri sitasiyo ya Polisi ,bose uko ari batandatu bavuze ko ibikorwa byabo bidashobora guhamwa nicyaha kuko babaikoze mu bwumvikane.Mu rubanza ruheruka buri wese yahanishijwe guhungwa umwaka wose hakurikijwe amategeko mpanabyaha y’Ubushinwa, aho harimo icyaha gihana uwaciye inyuma umukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutsiro: umushinwa akubita abantu abaziritse ku misaraba.

Wa mugabo ufite abagore 8 n’abana 50 ahishuye ikintu gisekeje agiye kubakorera.