in

“Aba bagakwiriye gukina na bagenzi babo bakina mu mashuri yigisha umupira”: Senegal mu rwego rwo gusuzugura Amavubi yahisemo kuyizanira abana bakiri bato cyane batumye abantu bumirwa -AMAFOTO

“Aba bagakwiriye gukina na bagenzi babo bakina mu mashuri yigisha umupira”: Senegal mu rwego rwo gusuzugura Amavubi yahisemo kuyizanira abana bakiri bato cyane batumye abantu bumirwa.

Ikipe y’igihugu ya Senegal iracakirana n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi uyu munsi tariki 09/09/2023 mu mikino wo gushaka itike yo gukina imikino y’igikombe cy’Afurika gusa uyu mukino ntacyo usobanuye ku mpande zombi kubera ko Senegal yamaze kubona itike yo gukina iyi mikino mu gihe Amavubi yamaze gusezererwa muri iyi mikino.

Senegal nyuma yo kubona ko uyu mukino nta kintu uvuze kuri yo yahisemo kuzana abana bakiri bato cyane ngo aribo baza gukina na Amavubi akaba ari bintu bikomeje kuvugisha benshi bavuga ko ari agasuzuguro gakabije kubona u Rwanda ruzanirwa abana bakiri bato kandi bari mu mikino nyafurika.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ubwambere Mbonyi arakaye bigeze aha: Israel Mbonyi bwa mbere abajijwe ku mukobwa byavuzwe ko bakundana gusa ntago bigenze neza [Video]

Arahita agura imodoka nziza! Israel Mbonyi yahawe ama million afatwa n’umugabo agasiba undi