in

NdabikunzeNdabikunze

Aba babyeyi bamaranye imyaka 100 bavuze ibanga bakoresheje ngo barambane

Umusaza w’imyaka 102 n’umukecuru w’imyaka 97 bavuze uburyo babanye neza nyuma y’igihe kinini bari kumwe nk’umugabo n’umugore. Mu kiganiro aba bombi bagiranye na Afrimax Tv bavuze ko ibanga ryatumye bakiri kumwe ndetse bakaba banasazanye ari ukumvikana ndetse no gushyira hamwe mu byo bakora byose.

Aba babyeyi banyuzagamo bakanatamikana ndetse barebana akana ko mu jisho bigaragaza ko urukundo rwabo rugishinze imizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nakundanye n’umusore antera inda arayihakana none ubu arimo kunsaba umwana| Mungire inama

Ingaruka ikipe ya PSG yahuye nazo ubwo Messi yayigeragamo