in

“2026 twaba turi i Washington mu gikombe cy’Isi” Kwizigira Jean Claude na Axel Rugangura ba RBA bavuze icyemezo FIFA ishobora gufata maze Amavubi agahita yandika amateka yo kujya mu gikombe cy’Isi – VIDEWO

Ubwo abanyamakuru ba RBA, Axel Rugangura na Kwizigira Jean Claude bogezaga umukino ikipe y’igihugu Amavubi yatsinzemo Africa y’Epfo ibitego 2-0, bavuze icyemezo FIFA ishobora gufata maze Amavubi agahita yandika amateka yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.

Uyu mukino warangiye Amavubi ahita ayobora itsinda rya C mu guhatanira itike yo kuzakina igikombe cy’isi mu 2026.

Bivuze ko Amavubi akomeje kuyobora itsinda kugeza ku mukino wa nyuma, u Rwanda rwahita rwandika amateka yo kujya mu Gikombe cy’Isi.

Aba banyamaku bakimara kubona ko Amavubi ayoboye, bavuze ko FIFA iramutse ihise itegeka ko iyi mikino ihagarara, u Rwanda rwahita rwisanga i Washington hazabera igikombe cy’isi cya 2026.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore w’umunyarwanda yatsindiye miliyoni 123 Rwf

Abanyeshuri bo mu Rwanda nabo bagiye kujya bakora umuganda wa buri ngaruka kwezi