in

Azi kubyinisha ikibuno: Umugabo ubyinisha ikibuno mu buryo budasanzwe akomeje kuvugisha abatari bacye ku mbuga nkoranyambaga (Videwo)

Ntago bimenyerewe cyane ku isi ko umugabo yashobora kubyina akoresheje ikibuno cye dore ko ibyo bimenyerewe gukorwa n’abakobwa bubatse ikibuno cy’abo mu buryo budasanzwe.

Uyu mugabo we ntago abona ko kubyinisha ikibuno ari iby’abakobwa. Kuko we azi kucyibyinisha mu buryo bwose bushoboka kandi akabikora neza nka bashiki bacu.

Hakomeje kugenda hagaragara amashusho agaragaza uyu mugabo ukuntu ari intyoza mu gukubita ikibuno mu buryo budasanzwe. Uyu mugabo kandi yishimira ibi akora aho ngo adateze no kubihagarika.

Reba videwo yose ari kubyinisha ikibuno.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru yakubitiwe aho yari yagiye gutara inkuru anamburwa ibikoresho by’akazi

Umusore w’imyaka 16 yategetswe gukora ubukwe n ‘inkumi y’imyaka 22 nyuma yo kuyitera inda(Video)