in

Zuchu yahaye Diamond Platnumz akinyuma imbere y’abafana kwifata biranga ubugabo buramutamaza (AMAFOTO)

Zuchu yahaye Diamond Platnumz akinyuma imbere y’abafana kwifata biranga ubugabo buramutamaza.

Ubwo bari mu bitaramo bitegurwa na Wasafi, Zuchu na Diamond Platnumz babyinanye imbyino zitangaje.

Muri Wasafi Festival yabereye mu mugi wa Mbeya mu mpera z’iki cyumweru dusoje, Zuchu yasanze Diamond Platnumz ku rubyiniro.

Akigera ku rubyiniro, byabaye ngombwa ko we na Diamond Platnumz babyinana begeranyije umubiri.

Ibi byashimangiye urukundo bafitanye rutemerwa n’abantu.

Aba bombi bari mu rukundo rw’urudaca, aho bagenda babyemeza uko bwije n’uko bukeye.

Nubwo bo biyemerera ko bari mu rukundo, abafana babo ntibemera ko bakundana ahubwo babifata nko gushaka gutwika.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Alyn Sano yahinduriwe izina ahabwa irigoranye cyane ndetse rishobora no kudahabwa agaciro n’abakunzi be

Iyo bari kubavuga baba bisekera! Videwo ya The Ben na Coach Gael bahuje urugwiro bari guseka abantu bamaze iminsi bashaka kubateranya ikomeje gutangaza benshi