in

Wabona bikunze: Umunyamakuru Reagan yatakambiye Ferwafa na Ministry ya Siporo mu Rwanda gushaka uburyo bazana rutahizamu wa Rayon Sports mu ikipe y’igihugu Amavubi (video)

Umukinnyi ukomeye cyane w’ikipe ya Rayon Sports uhagaze neza ndetse benshi bemeza ko ari kwisonga mu bakinnyi bakina muri Shampiyona y’u Rwanda yatumye umunyamakuru Reagan Rigaju acika ururondogoro maze asaba Ferwafa na Ministry ya Siporo ikintu gikomeye cyane.

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakinaga n’ikipe ya Police FC mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro maze rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Cameron Leader Willy Essomba Onana arigaragaza ku buryo bukomeye bwatumye Reagan asaba abayobozi gushakira uyu mukinnyi ibyangombwa kugira ngo azakinire iki y’igihugu Amavubi.

Iyumvire na we uburyo Reagan yabivuzemo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itari nziza ku munyamakuru uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda kubera ukuntu asusurutsa abantu

Yacyuye igunira ryuzuye: Rutahizamu wa Rayon Sports yahawe amafaranga atagira ingano nyuma yo kubereka ko azabamubutsa inyanja