in

Yasanzwe yarapfuye hasigaye amagufa ntawe ubizi kubera ibyo yakoze

Bamwe mu banyarwanda baca umugani ngo “Umuturanyi mubi arutwa n’ikigunda” ibi nibyo abantu bemeje  kuva babonye umuntu yarapfiriye iwe arabora bigera ubwo ahinduka amagufa ntawe ubizi kuko yari yarahisemo kwibana ntawe babana.

 

Umugabo witwa DK Manu yasanzwe yapfuye iwe ahitwa Bonsu Nkwanta hafi ya Dwaaboso yabaga wenyine apfira mu cyumba cye hanyuma ntihagira ubimenya ararwara araremba arapfa.

 

Abantu bari gukorwaho iperereza kugira ngo harebwe niba hari uwaba yaramenye amakuru akayihererana bigatuma aborera ku buriri bwe bagasanga hasigaye amagufa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto: Umugore yabyaye inkende isa nk’umuntu

Yatijwe inzu ahita ashyira camera mu cyumba cy’uburiri bw’abandi none yabonye ibidasanzwe