in

NdababayeNdababaye

Yarabutswe umukobwa w’ikizungerezi ,atangira kumwikinishirazaho abantu bifata ku munwa.

Uyu mugabo utatangajwe amazina yatumye abantu bifata ku munwa nyuma yo kumara iminota 2 yose yikinishiriza ku mugore wari wibereye muri super market yihahira.

Ibi byabereye muri Zimbia aho camera zagaragaje umugabo ukuze ari inyuma y’umugore wari ugiye guhaha yashyize ukuboko mu ipantaro yikinisha yitegereza uburanga bw’uyu mugore.

Icyatunguranye kandi ni uburyo uyu mugabo wikinishirije kuri uyu mugore hafi iminota ibiri, ari umuntu ukuze. Uyu mugore we ntiyegeze amenya ibyabaye kuko yakomeje guhaha nk’ibisanzwe ntiyanitaye ku mugabo umuri inyuma igihe kinini.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomo ry’ubuzima:uyu mukobwa yasutsweho aside na papa we ashaka ngo apfe|byamugize icyamamare ubu abayeho neza.

Wa mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo ikinyafu yahishuye ikintu gikomeye atazongera gukora nyuma yo kuba Miss Popularity.