in

“Yakuze aziko azacukura amabuye y’agaciro mu byaro bya Buliza birangira yinjiye umurwa”: Kayishema Tity yatangaje byinshi abantu batari bazi ku isabukuru y’umunyakuru wagafashe mu Rwanda -AMAFOTO

“Yakuze aziko azacukura amabuye y’agaciro mu byaro bya Buliza birangira yinjiye umurwa”: Kayishema Tity yatangaje byinshi abantu batari bazi ku isabukuru y’umunyakuru wagafashe mu Rwanda.

Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kayishema Tity Thierry ukorera itangazamakuru ry’Igihugu yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yifurije mugenzi we Imfurayacu Jean Luc wahiriwe n’umwuga w’itangazamakuru isabukuru nziza y’amavuko maze aboneraho no gutangaza byinshi baziranyeho abantu benshi batari bafiteho amakuru.

Amafoto:

Ibyo Kayishema yatangaje ku munsi w’isabukuru y’amavuko ya Jean Luc:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uburiri bwari bwatose! Umukobwa w’imyaka 28 yaryamanye n’umusore w’imyaka 30 bakoranaga, arangije ajya kubwira RIB ko yafashwe kungufu

Noneho ibi Titi Brown arabicikira he? Hagaragaye inyandiko y’ubujurire Umushinjacyaha yatanze mu rukiko igaragaza neza dosiye ya Titi Brown yose kuva imuzi n’imuzingo