in

Yagiye gutora ubusurira! Umwalimu yasanze umugore we ari kwiha akabyizi n’undi musore w’ibigango gusa ibyo yaragiye kubakorera byatumye bakora ibintu bitangaje mu ruhame

Umugabo yasanze umugore we aryamanye n’undi musore bari mu nzu y’uwo musore, uwo mugabo yigira inama yo kubakingirana.

Byabereye mu murenge wa Busasamana, mu karere ka Nyanza aho umugabo yagiye mu kazi asanzwe akora ko kwigisha (ni Umwarimu) noneho abaturanyi be bamuhamagara bamubwira ngo aze arebe umugore we aho aryamanye n’umusore mu nzu y’uwo musore.

Uwatanze amakuru yavuze ko uwo mugabo akihagera kubyakira byamunaniye.

Yagize ati “Uwo mugabo w’umwarimu yafashe umuhoro ngo abateme, bamugira inama yo kutabikora cyakora ashyira ingufuri inyuma arabafungirana.”

Amakuru yamenyekanye avuga ko uwo musore akimara kumenya ko yakingiranywe mu nzu, yacishije ferabeto mu rugi yica iyo ngufuri maze bariruka

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mugabo usaza atabonye! Umugabo w’i Nyanza yasanze umugore we ari gusambana n’agasore ni uko maze yigira inama yo kubafungirana gusa bahise bamwereka ko yaruhiye ubusa

Nyuma yo gukorera ubukwe mu Leta Zunze Ubumwe z’America, umuhanzi w’umunyarwanda n’umugore we bari kwitegura kwibaruka