in

Yagezeho arabunuza: Mu gitaramo Kenny Sol yakoreye i Dubai cyaje kwigarurirwa n’umubyinnyi Fofo Dancer wabyinnye yambaye hafi ubusa kugeza ubwo imwe mu myanya y’ibanga ijya hanze – AMAFOTO

Mu mpera z’icyumweru dusoje, Kenny Sol yataramiye Abanyarwanda ndetse n’inshuti zabo batuye Dubai, gusa muri iki gitaramo hagaragayemo umubyinnye witwa Fofo Dancer waciye igikuba nyuma yo kugaragara abyina yambaye hafi ubusa.

Uyu mubyinnyi Fofo Dancer usigaye uba aha i Dubai yari yatumiwe muri iki gitaramo, gusa nk’uko ubusanzwe amenyereweho gususurutsa abamukurikiye yambaye imyenda yerekana imiterere ye y’umubiri agakingirizaho ibice bito cyane.

Muri iki gitaramo nabwo ni uko byagenze kuko yacyitabiriye yambaye ikanzu ikoze ku buryo yabyinaga ameze nk’uwambaye hafi ubusa, kugeza ubwo ikanzu yaje kuzamuka maze bimwe mu bice bye by’ibanga bijya hanze.

Kenny Sol abakobwa bamujungurije ikibuno icyura kiraza
Fofo Dancer yabyinnye kugeza ubwo agakanzu yari yambaye kazamuka maze ibice bye by’ibanga bijya hanze

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari aho basomanye bakinzeho ikiganza! Mu mafoto amaso yawe atigeze abona, reba uko umuhango w’ubukwe bwa Bienvenue Redemptus wagenze

Aha ni mu mujyi wa Kigali: Amashusho y’uko sitade Amahoro izaba imeze niyuzura (Videwo)