in

‘We yamenye ko amahoro ya mbere atangwa n’Imana’ Junior Multisystem yongeye gushimangira ko yakiriye agakiza nyuma y’ifoto ye yakoze ku Mitima ya benshi(ifoto)

‘We yamenye ko amahoro ya mbere atangwa n’Imana’ Junior Multisystem yongeye gushimangira ko yakiriye agakiza nyuma y’ifoto ye yakoze ku Mitima ya benshi(ifoto)

Junior Multisystem wari inkingi ya mwamba mu muziki nyarwanda mbere y’uko agira impanuka bikamukiramo gucika akaboko .

Yongeye gushimangira ko yakuriye agakiza mu buzima bwe Nyuma yo gusangiza abamukurikirana ifoto ye arimo gusoma Bibiliya atuje.

Mu gihe ari ku cyumweru Junior Multisystem na we yafashe akanya asoma ibyanditswe byera.

Kandi ibi yabishimangiye ubwo yashyiga hanze indirimbo yo kuramya no guhimbaza Imana yitwa nkomeza akaba yarauihuriyemo na King James.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntacyaruta urukundo rw’umubyeyi! Umubyeyi yemeye kwibabaza kugirango yisanishe n’umwana we urwaye kanseri yo mu mutwe

“Isakoshi ya Satani yuzuyemo ubusa ariko iyi Mana yuzuyemo amafaranga” Ikorasi y’umunsi yuzuyemo ubutumwa bukomeye (video)