in

Wari wambaye neza nukuri! Mama Cyangwe! – Imyambarire ya Anita Pendo mu gitaramo cya The Ben yashimishije abafana be

Ku munsi w’ejo nibwo umushyushyarugamba Anita Pendo ari kumwe n’abandi bashyushyarugamba barimo MC Tino na Lucky Nzeyimana bayoboye igitaramo kiswe Rwanda Rebirth Celebration byari cyatumiwemo Umuhanzi The Ben cyabereye muri BK Arena. Nyuma yuko iki gitaramo kirangiye, Anita Pendo abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yashyize hanze imwe mu mafoto ye yafatiwe muri iki gitaramo igaragaza imyambarire ye.

Nyuma yuko iyi foto ya Anita Pendo igiye hanze, bamwe mu bafana bame bayibonye bavuze ibi bikurikira:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urubyiriko rw’abasore n’inkumi bagaragaye mu rusengero bikubanaho abantu barumirwa(video)

Kenny Sol amennye umuceri hasi avuga agasuzuguro yakorewe||intandaro yo kutaririmba mu gitaramo cya The Ben