in

Wa mukobwa ubyibushye cyane yeretse urukundo rurenze Grand P nyuma yo kwiyunga.

Mu minsi ishize nibwo umunyamideli ukomeye muri Cote d’Ivoire yatandukanye n’umuhanzi Grand P bakundana gusa nyuma yiminsi mike uyu muhanzi yongeye kuvuga ko basubiranye,kuri ubu yagaragaye amwicayeho abyinisha ikibuno cye nk’ikimenyetso cy’uko urukundo rwabo rukomeje kubaryohera.

Mu cyumweru gishize, umuhanzi wo muri Gineya Grand P yatangaje kuri Instagram ko we n’umuririmbyi akaba umunyamideli Eudoxie Yao biyunze .

Yasangije kandi amashusho abagaragaza bombi baryohewe n’urukundo ku kibuga cy’indege maze agira ati: ‘Ubwiyunge hagati yanjye na madamu. Amateka ye numuyobozi wanjye ntabwo arukuri nyuma yo kugenzura ubu ndacecetse. Madamu ndagukunda cyane” 

Mu masaha make ashize, Eudoxie Yao na Grand p bagaragaye babyinana uyu mukobwa azunguza ikibuno imbere ya Grand P . Aya mashusho bayashyize kuri instagram maze bandikaho ngo: ‘Ni urukundo’.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Umukinnyi w’imena w’Amavubi yavuze nyuma yo gusezererwa muri #Afrobasket

Miss Nishimwe Naomi ari mu gahinda.