in

Wa mugabo wicaga abagore akabiba utwabo na we yiciwe muri Gereza aho yari afungiye nyuma yo kwica abagore bagera kuri 24

Wa mugabo wicaga abagore akabiba utwabo na we yiciwe muri Gereza aho yari afungiye nyuma yo kwica abagore bagera kuri 24.

Imfungwa yiciwe muri Gereza na mugenzi wayo.

Billy Chemirmir w’imyaka 50 yiciwe muri Gereza ya Texas.

Uyu mugabo wishwe yari aherutse gukatirwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abagore bagera kuri 24.

Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe z’America, uyu mugabo yishwe n’mfungwa

Billy Chemirmir yicaga abagore ubundi akabiba utwabo akajya kubigurisha, akenshi yibaga imirimbo y’abo bagore yabaga yishe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka ya RIB itwaye Kazungu ukekwaho ibyaha byo kwica abantu akabahamba mu nzu igeze ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro – VIDEWO

Gisozi: Inkuru y’akababaro itashye mu mitima y’abanyarwanda nyuma y’uko inzu igwiriye umuryango maze umugore n’abana be babiri bagahita bahasiga ubuzima mu gihe umugabo we ari mu bitaro by’indembe