in

Wa mugabo wavuze ko ari umuvandimwe wa Ndimbati aramwihakanye

Mu minsi yashize nibwo hagaragaye umugabo witwa Hamza usa na Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati ndetse ahamya ko bavindimwe.

Nubwo yavugaga ko ava inda imwe kuri ubu yahamije ko ari inshuti ye gusa.Kuwa 29 Nzeri ubwo abantu bari ku rukiko ubwo hasomwaga urubanza rwa Ndimbati waje kugirwa umwere , uyu mugabo yari ahari maze abajijwe icyo bapfana avuga ko ntacyo ari inshuti gusa.

Uyu mugabo yagize ati:” ntacyo dupfana ni ibisanzwe ni inshuti yanjye “ ibibazo byose yabazwaga ko ari abavandimwe yasubizaga ko ari inshuti ye .

Abantu bibajije icyatumye yisubira kubyo yigeze kuvuga mbere avuga ko bafitanye isano

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’abastar nyarwanda yabiciye kuri instagram muri iki cyumweru

Umugore yakubise mugenzi we yenda kumwica akimenya ko aryamana n’umukunzi we (Video)