in

Videwo; Abapasiteri bakoze agashya buhagira abakobwa bambaye ubusa imbere y’abantu baje gusenga

Ntibisanzwe ko abantu bogera ku karubanda gusa aha ho biteye kwibaza ibyo ari byo, abagabo babiri bivugwa ko ari abapasiteri bagaragaye bari kuhagira abagore mu rusengero imbere y’imbaga y’abantu bivugwa ko ari abayoboke b’urwo rusengero.

Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye yerekana abagabo babiri bari imbere y’imbaga y’abantu, umwe aba ari kuhagira umukobwa wambaye ubusa. Nyuma yo kumara kuhagira uwo mukobwa haza undi uwo wundi akajya gusigwa amavuta n’undi mu Pasiteri.

Nyuma yo kumara gusigwa amavuta uwo mukobwa uba ukenyeye isume mu mabera ahita aherezwa ikariso ye n’umwe mu bayoboke b’urwo rusengero uba wicaye imbere mu gihe mugenzi we wundi na we aba akiri kozwa.

 

Reba amashusho hasi

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’Amavubi uhora mu mitima y’abakunzi ba Rayon Sports na APR FC yamaze kumvikana n’ikipe igiye kumugura akabakaba miliyoni 200

Umurundo w’ibifaranga Salima Mukansanga amaze gukorera mu gikombe cy’isi ni akumiro