in

Victor Rukotana ashyize hanze ibyo mushiki we Miss Tanganyika yakoreye muri Miss Rwanda igihe yayitabiraga

Umuhanzi nyarwanda Victor Bukotana ukora umuziki mu njyana ya Afrobeat ukundwa n’abatari bacye muri iyi minsi, yashyize hanze indirimbo yise Ihogoza, ikomeje guca ibintu hano hanze gusa uyu muhanzi ari mu bikorwa byo kuyimenyekanisha mu bitangazamakuru bigiye bitandukanye hano mu Rwanda.

Ku mugoroba wa tariki 18 Ukwakira yagiranye ikiganiro cyari kiza kuri televiziyo ya Isibo mu kiganiro The Choice Live ni murwego rwo kumenyekanisha indirimbo ye Ihogoza.

Gusa Rukotana yaje kubazwa ibibazo kuri mushiki we Miss Tanganyika Elizabeth wigeze kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda gusa akaza kuvamo atageze kure.

Yabajijwe niba niba ntampungenge afitiye mushiki we ku bimaze iminsi bivugwa ku bakobwa bitabiriye iryo rushanwa bivugwa ko baba barakwaga ibindi bintu kuruhande kugira ngo bakomeze muri iryo rushanwa. Yavuze ko nta mpungenge afite kuko mushiki we yafunze umutwe akanga gutanga ibyo yasabwaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Bwiza yasubije mu buryo butangaje umufana we wamusabye kumuremera inoti y’igihumbi

Kiss fm n’abakunzi bayo rurageretse, barayishinja kubakinisha igihe kinini