in

Vestine na Dorcas baciye amarenga y’ikintu cyiza bagiye gukora bakiva ku ishuri

Abaramya Vestine na Dorcas baciye amarenga y’igikorwa abantu bari bakumbuye bagiye gukora bakiva ku ishuri.

Aba bakobwa b’amajwi meza, baciye amarenga ko bari kwitegura gushyira hanze indirimbo nshya yabo.

Babinyujije ku rukuta rwabo rwa Instagram, baciye ayo marenga mu gukoresha ijambo ‘Umutaka’ ryanakoreshejwe na Murindahabi Irene ureberera inyungu zabo muri muziki.

Amakuru twamenye ni uko ‘Umutaka’ ari indirimbo bari kwitegura gushyira hanze vuba aha.

Igihe nticyari cyamenyekana neza gusa bashobora kuyisohora mbere cyangwa nyuma y’uko abanyeshuri baruhuka.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Karongi: Bene ngango bigabije inzu y’imana bayisahura ibuntu bifite agaciro kabarirwa mu mamiliyoni

Amatakirangoyi! FERWAFA yatakiye CAF