in

Uyu mwana wavukiye amezi 12 ararize tugira agahinda||ibyamubayeho birababaje (Video)

Umwana witwa Tuyizere Pacifique ni umwana wavutse mu buryo budasanzwe kuko atavukiye amezi icyenda nk’abandi bana. Uyu mwana yavukiye amezi 12 nk’uko umubyeyi we abitangaza.

Umubyeyi wa Tuyizere atangaza ko uyu mwana ari imfura ye mu bana batanu yabyaye,ariko akaba afite ubumuga bwo kutavuga yatewe no n’uburwayi budasanzwe yagize nyuma yo kuvuka.Uyu mubyeyi avuga ko umwana we yumva ariko ntabashe kuvuga.Avuga ko yagiye kwisanga yabaye yabaye nkigiti nyuma y’uburwayi bwamayobera bwamufashe birangira atabasha kuvuga.Uyu mwana iyo yumvise uko bamuvuga araturika akarira.

Umubyeyi we avuga ko abaho atunzwe no guca inshuro ndetse atagira na Mitiwelle kuburyo adafite ubushobozi bwo kuvuza uyu mwana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi Cyuzuzo ukorera Kiss FM yambitswe impeta n’umusore bitegura kubana akaramata (Amafoto)

Umunyamakuru wa RBA yifurije umufasha we isabukuru y’amavuko mu magambo meza y’urukundo (AMAFOTO)