in

Uyu munsi ni umunsi w’ibitangaza kuri Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango, ntibazawibagirwa

Uyu munsi ni umunsi w’ibitangaza kuri Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango, ntibazawibagirwa.

Kuri uyu munsi tariki ya 4 Mutarama 2024 ni umunsi ugiye kuba umwe mu minsi itazibagirana mu buzima bwa Kimenyi Yves ndetse n’umugore we Miss Uwase Muyango.

Kuri iyi tariki 4 Mutarama 2024 nibwo Uwase Muyango ndetse na Kimenyi Yves bagiye kurushinga mu mategeko, barajya mu murenge.

Kimenyi Yves ndetse na Muyango bagiye gushingiranywa mu mategeko mu gihe bari bamaze imyaka babana ndetse bakaba barabyaye umwana umwe.

Ubusanzwe ubukwe bwa Muyango na Kimenyi Yves bwari kuba bwarabaye muri 2023 ariko bukomwa mu nkokora n’imvune Kimenyi Yves yahuye nayo ubwo yari ari mu kibuga akina.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo mukuru we yamusabye ko batera akabariro ahitamo kumutema paka inzogera yirenze

Amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi muri Manchester united.