in

NdabikunzeNdabikunze

Uyu mukobwa yahishuye ko ari we uzegukana ikamba rya Miss Rwanda 2021

Uyu mukobwa witwa Ishimwe Sonia ufite numero 10, yatangaje ko ari we ugomba kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2021.

Sonia aganira na InyaRwanda yavuze ko akigera muri aya marushanwa yabonye imbaraga zitandukanye zari ziturutse ahantu hanyuranye by’umwihariko mu nshuti n’umuryango ndetse no mu banyarwanda bose, muri rusange.Gusa ahamya ko ari we uzegukana iri kamba.

Yagize ati “Ni ukuri njye natunguwe n’ubufasha nahawe, urukundo n’umwete neretswe n’impande zose z’abantu bari banzi n’abatari banzi, kugeza ubu navuga ko ntacyo nashinja uwo ari we wese by’umwihariko Nyagasani, kandi mbasezeranya ko ubushobozi nifitemo bugiye gutuma ntwara iri kamba. Mfite umushinga mwiza Abanyarwanda ndabasaba kunshyigikira ubundi nkabageza ku byiza nifitemo by’umwihariko ababyeyi ndetse n’abakobwa”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yagiye kwiba abanza kwitekera umureti n’inkoko ngo abanze yice isari.

Umugore w’indaya bamushyinguye mu isanduku imeze nk’ubugabo nyuma yo gupfa arimo gutera akabariro.