in

URwanda mu bihugu biri gutera imbere byihuse

Nyuma y’igihe kirekire umugabane w’Africa ufatwa nk’umwe mu migabane ikennye.


Utangiye kugenda werekana impinduka mungeri zoze uhereye mu myaka 50 ishize ibikorwa remezo nka mashuri,ibitaro,imyubakire iteye imbere,imihanda.

byari bike cyane bitandukanye no mur’iyimyaka ubonako biriguhinduka cyane.

Ibitangazamakuru byo kumugabane w’uburayi bikomeje kwerekana Africa nk’umwe mu migabane iri kw’ihuta cyane mu iterambera ndetse ifite n’imigi ifite inyubako zigezweho mu bihugu biri ku isonga mu kugira imigi igezweho.

Aha usangamo ibihugu nka Africa y’epfo, Egypt,Kenya, Tanzania, Urwanda, Nigeria,marroc.

Ibirero bikaba bigenda bitanga ikizere ko ubukene bushobora kuzacika burundu ku mugabane w’Africa.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu was rayon sport Yaba yongeye gusezera umupira

Igisambo cyuriye itara ryo ku muhanda kubera abantu cyari cyibye