Urukundo rugeze aharyoshye! Nyambo n’umukunzi we bakomeje guca impaka ku mbuga nkoranya mbaga – Amafoto
Umukinnyi wa filime Nyambo, umaze no kumenyekana cyane hano mu Rwanda ari mu munyenga wu rukundo n’umusore w’umuhanzi ukizamuka.
Uyu musore witwa Molan Manzi ni umwe mu bafite indirimbo nziza zigezweho, afite indirimbo yitwa “Nuyu” ikaba ari nayo yatumye urukundo rwe na Nyambo rujya ahagaragara.








