in

Urukundo nirwogere: Birangiye Cyusa Ibrahim afashe icyemezo kuri wa mukobwa yihebeye.

Bavuga ko urukundo rutihishira, ni ko bigenze ku muhanzi Cyusa n’umukunzi we aho ku nshuro ya mbere yahamije urukundo rwe na Jeanine Noach bamaze iminsi bavugwaho gukundana.

Byari bimaze iminsi bivugwa ko Cyusa Ibrahim ari mu rukundo na Jeanine Noach ariko we ntabyemere.Mu gambo cyusa amaze gushyira ku rukuta rwe rwa Instagarm akayaherekeza ifoto yabo bombi, agaragaza ko urukundo barimo ari ikibatsi. Ni ubwa mbere avuze kuri uyu mukobwa amagambo nk’aya. Mu mitoma yuje inganzo mu kinyarwanda kimbitse yagize ati”Impuha nizijure mundeke mvuge imvaho. Wowe nseko y’umusereko ukaba inyamibwa mu ngenzi; amenyo nk’ingwa yera; imico myiza ikuranga yavugwa n’abakuzi ingingo. uw’imbabazi wa cyusa @jeanine_noach”.

https://www.instagram.com/p/CWk51U9M34_/?utm_medium=copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi wa RBA yakorewe ibirori by’agatangaza bya Bridal Shower(Video)

Rwanda:umukozi wo mu rugo yibye shebuja ibihumbi 800 bamufata yatangiye kuyikenuza|Uko byagenze