in

Umwunganizi mu mategeko wa Prince Kid yagize icyo atangaza kubijyanye no kujurira igihano cy’imyaka itanu cyakatiwe umukiriya we

Me Nyembo Emelyne wunganiraga Ishimwe Dieudonné (Prince Kid) mu bijyanye n’amategeko, yavuze ko kugeza ubu batarajuririra icyemezo cy’Urukiko rwakatiye uyu mugabo igihano cyo gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda.

Ku wa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu Rukiko Rukuru, yahamije Ishimwe Dieudonné icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato n’icyo gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina, ahita akatirwa igihano cyo gufungwa imyaka itanu.

Ukwezi kurirenze isomwa ry’uru rubanza ribaye, bisobanuye ko iminsi 30 yo kujurira Prince Kid yari afite imaze kurangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Narabakumbuye cyane”! Imbamutima za TiTi Brown nyuma yo kugirwa umwere amaze imyaka ibiri muri gereza ya Mageragere

Umufana yazanye itopito muri sitade arasa amabuye mu kibuga akomeretsa benshi