in

Umwe ni muri Arena undi ni i Huye! Nyambo Jesca akomeje gutendeka abasore babiri areba uzajya umugusha neza nyuma y’uko abasaranganyije weekend ye yose mu buryo budasanzwe

Umwe ni muri Arena undi ni i Huye! Nyambo Jesca akomeje gutendeka basore babiri areba uzajya umugusha neza nyuma y’uko abasaranganyije weekend ye yose mu buryo budasanzwe.

Umukinnyi wa Filime nyarwanda Nyambo Jesca akomeje guteza urujijo mu bantu bibaza umuntu yaba akunda hagati ya Malani Manzi na Derrick.

Uyu mukobwa acudikanye bya hafi na Malani Manzi gusa bisanzwe bizwi ko ari mu rukundo n’musore witwa Derrick.

Malani yamusohokanye muri Bk Arena mu gihe Derrick we yamusohokanye i Huye kureba umukino w’ikipe y’igihugu Amavubi yanganyagamo na Senegal.

Nyuma yo gusohokana na Derrick, Nyambo Jesca yamwibukije ko amakunda Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu se umugabo wawe arabizi ku bari kugukirigita gutyo! Shaddyboo witomboreye agasore bamaranye weekend yose abakunzi be bamumereye nabi -Amashusho

Iyi yo ntiyadukoza isoni imbere y’abana ba Senegal! Nyuma yo kubona abakinnyi b’Amavubi bananiwe gutanga ibyishimo, abafana bamaze kwikorera ikipe yabo y’abahanzi irangajwe imbere na Bruce Melodie na King James mu izamu