in ,

Umwe Mubagize Itsinda Rya Sauti Sol Muri Kenya Yemeje Ko Ari Umutinganyi

Sauti Sol ni rimwe mu matsinda akomeye y’abagabo kandi yegukanye ibihembo bya MTV Africa Music Awards 2016.

Umwe mu ba star muri iri tsinda ryo muri Kenya Sauti Sol, Willis Austin Chimano, yahishuye ko ari mu itsinda ry’abaryamana bahuje ibitsina, avuga ko atagishaka kubaho mu kinyoma.

Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avugwa ko yaba aryamana n’abo bahuje igitsina, adaciye ku ruhande uyu muririmbyi imbere y’itangazamakuru yatangaje ko ari umutinganyi kandi ko ari no mu itsinda ry’ababana bahuje ibitsina rizwi nka LGBTQ.

Austin Chimano

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Butera Knowless hari inama yagiriye abamukurikirana y’ingenzi !

Amashusho Y’abanyeshuri B’abakobwa Banywera Itabi Mu Ishuri Yaciye Ibintu (Video)