in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umwarimu wiyambika nk’umunyamideli akomeje gutera impungenge ababyeyi.

Umwarimukazi ukomoka muri Afurika y’Epfo kuri ubu akomeje gutera impungenge ababyeyi benshi kubera imyambarire imeze nk’iy’abanyamideli.

Uyu mwarimukazi wahawe akazi ko kwigisha abana bato, ariko nanubu imyambarire ye ikomeje gucyemangwa na benshi, kuko bemeza ko yo ubwayo itatuma umwana hari uburere buzima akurana. Uyu mwalimu wo muri Afrika y’Epfo rero ubanza nta mubyeyi numwe wifuriza umwana we ibyiza, ushobora gutuma amwigishiriza umwana bitewe nukuntu aba yambaye nk’abanyamideli.

Uyu mwalimu witwa Lulu Menziwa, akimara kugera mu mbuga za internet zitandukanye yavugishije benshi. Igitangaje kurushaho nuko uyu mwalimu yifata amafoto yiyi myambarire ye ari mu ishuri maze akasakaza kumbuga zinyuranye. Aribyo bikomeje gutangaza benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yahishuye ko abana mu nzu n’umugabo we n’umusore umutereta

Yakomerekejwe bikabije n’itsinda ry’abasore 2 bageragezaga kumufata kungufu(amafoto)