in

Umwana yatawe mu musarani wo kwamuganga

Mu gihugu cya Kenya, umwana yatawe mu musarani wo kwamuganga atabarwa n’umugabo wari wagiye gufata ikizamini cy’umusarani yari yatumwe na muganga.

Biravugwa ko ku cyumweru tariki 19 Weruwe 2023, Umugore yabyariye umwana mu musarani wo kubitaro bya Kia Jokoma Level four. Uyu mugore nyuma kubyara yahise ata uwo mwana muri uwo musarani w’ibitaro kubw’amahirwe atabarwa n’uwo mugabo.

Uyu mugabo ubwo yajyaga gufata iki kizami yatumwe n’umuganga, yagiye ku musarani yumva umwana arimo kurira ahita atabaza baraza umwana bamukuramo ari muzima.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza kuri Mama Nick umaze iminsi akoze impanuka

Buramusumba cyane: Ihere ijisho videwo y’umugabo ufite agahigo ko kugira ubwanwa burebure ku Isi