in

NdabikunzeNdabikunze

Umva udukoryo twabereye mu bukwe bwa Rocky

Kadaffi Pro, umwe mu bari mu bukwe bwa Rocky Kimomo Kirabiranya banabana muri Rocky Entertainment yavuze udushya twabaye mu bukwe bwa Rocky.

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi Tv, Kadaffi yavuze ko mu bukwe bwa Rocky habayemo udushya dutandukanye aho yavuze ko bajya gusezerana imbere y’amategeko haje umugore mu nzu mberabyombi bari barimo akavuga ko Rocky Kimomo yamuteye inda akanga gutanga indezo bityo akaba yumva atasezerana n’undi mukobwa. Ngo uwo mugore yaje gusohorwa muri iyo nzu mberabyombi shishitabona nyuma yo kunanirwa kuvuga amazina ya nyayo ya Rocky Kimomo byitwa nkaho uwo avuga atamuzi… ».

Kadaffi yavuze ko akandi gakoryo kabaye ari ubwo bajyaga kwiyakira aho batunguwe nuko mu gihe bari bahamagaye abageni ngo bajye ku meza, umwe mu bari bari mu bukwr (Kaboy) yahise yihuta maze ajya imbere y’abageni abatanga ku meza aba ariwe wiyarurira mbere… ».

Kadaffi Pro

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva ibyo Julius CHiTa yabwiye abasore banze igikwe

Kwikingiza Covid-19 biri mu bizasabwa abashaka kureba #AfroBasket 2021 izabera muri Kigali Arena