in ,

Umva ikintu gikomeye Beyonce yishimira nyuma yo kubyara abana be

Beyonce, umwe mu baririmbyikazi bakomeye cyane ku isi akaba umugore wa Jay-Z uherutse kwibaruka abana b’impanga (umuhungu n’umukobwa) mu kwezi gushize taliki ya 19 Kamena yavuze ko nyuma yo kwibaruka abana be hari ikindi kintu gikomeye yishimira.

Image result for beyonce twins
Beyonce n’umugabo we Jay-Z

Beyonce yatangaje ko nyuma yo kwibaruka abana be yishimira cyane ukuntu umubiri we wahise usubirana mu gihe gito ( quick recovery ) mu gihe we bitewe n’imbaraga nke yari afite igihe yari agitwite abana be yumvaga nyuma yo kubibaruka umubiri we utazasubirana mu gihe gito.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Report: $15 minimum wage bill would benefit 20.7 million workers

Agahinda: Umukinnyi ukomeye w’umunya Brasil yishwe urwagashinyaguro