in ,

Umva ikintu gikomeye Amber Rose yakoreye amabere ye avugako gishobora kumukururira uburwayi bukomeye

Umunyamideli Amber Rose wamenyekanye cyane ku isi yose kubera imideli itandukanye yagiye amurikira abantu hirya no hino ku isi bakayikunda ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi ku munsi w’ejo yashyize hanze ifoto maze itungura abantu batari bake.

Iyi niyo foto Amber Rose yashyize hanze

Amber Rose akimara gushyira hanze iyi foto yayiherekesheje amashusho yemeza abafana be ko yagabanyishije amabere ye kugirango abe mato nkuko bamwe mu bafana be bari barabyivugishijeho bavuga ko byaba byiza agabanyishije amabere ye kuko yari atangiye kugwa, nawe rero ngo yakoze ugushaka kwabo niko kugabanyisha amabere ye gusa ngo ahangayikishijwe cyane n’ububabare yakuye mu kuyabagisha anakeka ko byamuviramo izindi ndwara zikomeye cyane.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire amagambo akomeye Jose Mourinho yabwiye mugenzi we Antonio Conte abantu bakumirwa

Isomere umubare w’amafaranga utagira ingano Cristiano Ronaldo asabwa kwishyura ngo atazafungwa