in

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme abatekamutwe barenda kumushwanisha n’abaturage -Ifoto

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme arasaba abaturage kuba maso mugihe hari umutekamutwe uri kugerageza kwiba abantu.

Uyu mutekanutwe Ari kubikora mu ishusho ye, aho asaba abantu ko bamwohereza amafaranga kuri numero 0793623341 Ibaruye kuwitwa Hategekimana Aimable!

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndaryohewe mu rukundo”! Miss Mwiseneza Josiane mu munyenga w’urukundo

Akamwenyu ni kose ku muryango wa Kenny Sol n’umuryango wa Kunda Yvette -Amafoto