in

Umusore yakundanye n’uwo babuje igitsina kubera impamvu y’uburyarya

Kigali umusore ukomoka mu biryogo yatangaje ko yakundanye na mugenzi we w’umusore kugira ngo azamufashe agere hanze y’urwanda cyane cyane muri Amerika.

Uyu musore kubera irari ryo kujya hanze, yakundanye n’umusore mugenzi we kugira ngo azamufashe kugera hanze y’u Rwanda ndetse yemera kujya akora ibyo umukunzi we amusabye.

Muri iyi minsi abantu bafite irari ryo kujya hanze ndetse bituma bakora ibintu bidasanzwe kandi bagakora ibyashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku bagenzi bakoresha imwe mu mihanda yaburaga bus

Umuhanzi Diamond platnumz yagaragaye agirana ibihe byiza n’uwahoze ari umugore we Zari (video)