in

Umusore yakubiswe n’inkuba arikumwe na mushiki we

Umusore w’imyaka 24 y’amavuko yakubiswe n’inkuba mu mvura nkeya yarimo kugwa, we yari mu kazi na mushiki we.

Byabereye mu Mudugudu w’Agasharu, mu kagari ka Cyarwa ho mu murenge wa Tumba.

Iyi mpanuka yabaye ku isaha ya saa kumi z’umugoroba (16h00).

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Emmanuel Habiyaremye yabwiye UMUSEKE ko inkuba yakubise uriya musore hari kugwa imvura nkeya.

Ati “Inkuba yakubise Habiyaremye Jean de Dieu ari hanze, harimo kugwa imvura nkeya.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa Infantino n’uwa Perezida wa CAF basuye abanyamideri bo mu rwanda

Baragushuka, nukora ibi bintu muri telephone yawe uzaba umeze nk’urimo kwicukurira imva