in

Umusore yahisemo kujya atereta abazungukazi kugirango abihimureho kubera ibyo bakoreye abirabura.

Uyu musore w’umwirabura witwa Mike yatangaje benshi nyuma y’ukuntu yatangaje ngo ashaka kwihorera ku bazungu bitewe nibyo bakoreye abirabura mu bucakara. Uyu ku giti cye, ngo gahunda afite ndetse yatangiye gushyira mubikorwa ngo ni ugutereta abakobwa b’abazungu maze bamara kumukunda agahita abasiga nabo bagasigara mu gahinda gakomeye.

Mu gice cy’ubucakara wasangaga abanyafurika benshi bagurwa n’abazungu maze bakabambukana imipaka myinshi cyane babajyanye muri America n’Uburayi, aho babagaho ubuzima bubi bubabaje cyane ndetse benshi bakaba baranapfiraga munzira bataragera aho bagiye. Ibi ni ibikorwa ushobora kumva biteye ubwoba cyane ariko byabayeho ntabwo ari inkuru z’ibinyoma kuko mu myaka hagati ya 1700-1900 niyo business yari igezweho ku bazungu.

Aba bacakara babaga baguzwe bafatwaga nabi cyane kuburyo bishobora kugorana kubyiyumvisha, gukubitwa ku rwego rwo hejuru, guteshwa agaciro no kwamburwa ubumuntu nibwo bwari ubuzima bwabo, umunsi kuwundi.
Uyu musore rero akimara kumva agahinda gakomeye abasokuruza bacu banyuzemo, ngo yahise afata umwanzuro wo kubahorera muburyo bwe yahisemo.

Mike avugako ubu yatangiye gukora ibishoboka agakundana n’abakobwa benshi b’abazungu, bamaze kugera murukundo neza nuwo musore agahita abatera umugeri akabata. Kuri we ngo uku nukwihorera kwi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itariki ya Graduation ku banyeshuri basoje amasomo muri University of Rwanda (UR) yamenyekanye

Umukobwa wiga mu wa gatanu yavuze ibyo Nel Ngabo yamukoze batarahura