in

NdababayeNdababaye

umusore ari mazi abira nyuma y’aho inkumi yiga muri kaminuza yamusuye igapfa bararanye

Umusore ntiyohewe nyuma y’aho umukobwa bakundana wiga muri kaminuza yaje kumusura maze agapfira mu nzu y’uyu musore.Amakuru avuga ko uyu mukobwa yari asanzwe arwaye maze aza kuruhukira mu rugo rw’uyu musore utatangajwe amazina nk’uko yari asanzwe abigenza kuko bakundanaga.

Bivugwa ko uyu musore yabonye ubuzima bwumukunzi we buri mu marembera ,abura icyo yakora ndetse ananirwa no gutabaza birangira uyu mukunzi we aguye iwe .Uwitwa Hydra watanze aya makuru kuri Twitter yakebuye abasore bemerera abakobwa kuza kurara iwabo ,kuko bashobora kwishyira mu kaga batabizi.Uyu musore bivugwa ko umuryango wumukobwa watangiye kumushinja kubicira umukobwa ndetse yamaze gutabwa muri yombi kugirango asobanure iby’urupfu rw”uwari umukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu byoroshye umugabo wese yakora agashimisha umukunzi we, bamwe batazi

Kabaye :Umusore yazanye amafiyeri ku nzoga y’abasaza none yabaye inkuru (video)