in

Umuslay queen yandagaje umugabo wamuhaye amafaranga ibihumbi 20 agashaka kuyisubiza

Umugore wo muri Nijeriya, Aderonke Oduko yandagaje umugabo wamuhaye amafaranga ibihumbi 20 hatarashira umunsi agashaka kuyisubiza.

Uyu yagiye kuri Twitter kugirango asangire amashusho yikiganiro cye numugabo wamwoherereje amafaranga.

Yasobanuye uburyo ibintu byagenze nkimpamvu adakunda mu gihe ahawe impano n’abagabo.

Mu kiganiro, yavuze ko uyu mugabo yamusabye ko yamuha konti ye maze arayimuha agiye kubona abona amwoherejeho amafaranga ibihumbi 20 by’ama Naira ariko ntiyabitindaho.Ntibyatinze ku mugoroba nibwo uyu mugabo yatangiye kumwandikira ashaka ko asubizwa amafaranga ye.Ibi byatumye uyu mugore ashyira hanze ikiganiro cyose bagiranye amwihanangiriza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Eric Semuhungu yaguze imodoka nshya ayita izina ry’ikinyarwanda.

Umugore yavugishije benshi kubera inyuma he(video)