in

Umusaza w’imyaka 76 ari mu munyenga w’urukundo n’umwana w’imyaka 22 yabera sekuru (Amafoto)

Si kenshi usanga abantu barushanwa imyaka myinshi usanga bari mu rukundo gusa hari abagifiurukundo nyarwo nkaba tugiye kubabwira.

Uwimana claudine w’imyaka 22 ari mu munyenga w’urukundo n’umusaza w’imyaka 76 witwa nkurikiyinka David bamaze imyaka 4 baryohewe n’urukundo barimo.

Benshi bagiye babatega iminsi bavugako urwo rukundo rutazaramba Kubera ko umusaza David aruta claudine gusa bakomeje kubanyomoza bikundanira uruhebuje.

Claudine mu magambo ye avugako nta kintu kidasanzwe yakuriyeho uyu musaza ahubwo yisanze ari mu rukundo nawe . Aho bari gutegura ubukwe mu gihe cya vuba nyuma y’imyaka 4 bari mu rukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yagiye gusura umukunzi we, basaza b’umukobwa bamuhata imihini,dore ibyamubayeho.

Ibyabaye kuri uyu musore warangariye ikizungerezi atwaye imodoka ni akumiro.