in

Umusaza w’imyaka 75 yafashe kungufu umwana w’imyaka 13 yareraga amutera inda umwana amaze kubyara umusaza yamukoreye igikorwa cy’ubugwari ari nacyo cyababaje abantu bose

Umusaza w’imyaka 75 yafashe kungufu umwana w’imyaka 13 yareraga amutera inda umwana amaze kubyara umusaza yamukoreye igikorwa cy’ubugwari ari nacyo cyababaje abantu bose

Muri Leta ya Anambra mu gihugu cya Nigeria Umusaza w’imyaka 75 yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya ku ngufu no gutera umwana w’imyaka 13 yareraga.

Inkuru yuyu mwana yamenyekanye ubwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaraga amashusho y’uyu mwana w’umukobwa ari mu bitaro yarabyaye ariko yarabuze uburyo avamo kubera nta mafaranga yari afite yo kwishyura.

Abantu benshi babajwe n’uburyo uyu musaza yamuteye inda agakora igikorwa cy’ubugwari cyo kumutererana, basi ntamumenyere ibisabwa nk’umubyeyi cyangwa ngo amukuze mu bitaro.

Uyu musaza yemeye icyaha cyuko ariwe wamuteye inda. bamubajije impamvu yasambanyije uyu mwana avuga ko yari ari kumukinisha atari afite intego yo kumutera inda.

Amakuru avuga ko uyu musaza yari asanzwe asambanya abandi bana arera. Kuri ubu umubyeyi yitaweho ndetse yakuwe mu bitaro.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ambulance y’ibitaro bya Kabgayi yagonze Umusaza wari uri ku igare ndetse itwara n’umukobwa mu mapine [AMAFOTO]

Mu mafoto: Umunyamakuru wa RBA, Abera Martina wavuzwe murukundo n’umuhanzi Christopher, yashyize hanze amafoto yatitije imbuga nkoranyambaga