in

Umuraperikazi wavuzweho kuryamana na Burna boy yahishuye ko amaze kuryamana n’abarenga 2000

Umuraperikazi Diamond the body ukomoka mu gihugu cya Jamaica yahishuye byinshi ku buzima bwe nyuma yo kugaragaza ubwambure bw’umuhanzi Burna boyz.

Diamond The Body w’imyaka 27 avuga ko yaryamanye n’abantu barenga 2000 , Yagaragaje kandi ko yatakaje ubusugi bwe afite imyaka 12.

Diamond yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyaNigeria ukomeye witwa Special Spesh.

Kuva ku myaka 12 kugeza ubu, navuga ko naryamanye n’abantu bagera ku 2000. Naryamanye n’abagabo n’abagore bose kandi dukora imibonano mpuzabitsina.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkumi yihaye kureba muri telefoni ya sheri irabizira

“Anita Pendo turakwemera” Abana ba Anita Pendo bamuhamagaye mu mazina ye yombi biramutungura (Videwo)