Umuraperikazi Diamond the body ukomoka mu gihugu cya Jamaica yahishuye byinshi ku buzima bwe nyuma yo kugaragaza ubwambure bw’umuhanzi Burna boyz.
Diamond The Body w’imyaka 27 avuga ko yaryamanye n’abantu barenga 2000 , Yagaragaje kandi ko yatakaje ubusugi bwe afite imyaka 12.
Diamond yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyaNigeria ukomeye witwa Special Spesh.
Kuva ku myaka 12 kugeza ubu, navuga ko naryamanye n’abantu bagera ku 2000. Naryamanye n’abagabo n’abagore bose kandi dukora imibonano mpuzabitsina.