in

Umuraperi w’umunyamerika yahindutse umuyaga arimo asusurutsa abafana be

Ibisigaye bibera muri iyi si ni udushya gusa aho buri munsi abantu bagenda bakora ibintu birenze imitekerereze y’abantu ku buryo kubyizera no kubyemera bigorana.

Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Kendrick Lamar yatunguranye ubwo yahindukaga umuyaga ari kurubyiniro bitangaza benshi.

Ibi byose byabaye kuri uyu wa kane taliki ya 04/08/2022 ubwo yarimo aririmbira abafana ari kuri stage hanyuma baghit bamubura agahinduka umuyaga kandi yarimo aririmba abantu batwawe.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya As Kigali yanigaguye Gasogi United ya KNC bayereka ko ifite byinshi byo gukora (Amafoto)

Dore imbogo yakoze igitaramo cya mbere kishimiwe na benshi