in

Umuraperi uri mu bakomeye ku isi yitabye Imana

Umuraperi PnB Rock wari ukunzwe mu njyana ya hiphop yishwe arashwe maze ahita ahasiga ubuzima.

Uyu muraperi w’imyaka 31 yarasiwe mu bujura bwabereye muri restaurant ya Roscoe’s Chicken & Waffles, aho yari yasohokanye n’umukunzi we, Steph Sibounheuang bari bafitanye abana babiri.

Ababonye ibi biba bavuga ko uwaje kwiba muri iyo resitora yaje azi uwo ashaka kuko yahageze atunga imbunda uyu muraperi dore ko mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 12 Nzeri 2022 yari yashyize amashusho kuri Instagram yambaye umukufi uhenze cyane mu ijosi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko urubanza rwa Ndimbati rugenze n’imyanzuro yafatiwemo

Kicukiro: Umugabo yasanzwe muri lodge yapfuye nyuma yo kuzana n’inkumi kwinezeza